Nyuma y’itangazo ry’u Bwongereza ribuza abaturage bo muri UAE, u Burundi n’u Rwanda kwinjira muri iki gihugu, iyi sosiyete yo mu Barabu nayo yahagaritse ingendo zayo ziva Dubai na Abu Dhabi zereka mu Bwongereza.
Iyi sosiyete ikaba yafashe iki cyemezo mu gihe hari abanya -Austalia 4500 baheze mu Bwongereza bashaka kujya mu gihugu cyabo.
Ibi bihugu bikaba byahagaritswe kwinjira mu Bwongereza mu rwego rwo gukomeza gukumira icyorezo cya Coronavirus gikomeje kwibasira iki gihugu.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!